Huye: Basabwe Kongera Ibiti By’Imbuto Nkuko Bamenye Akamaro n’ Inyungu Yabyo
Abaturage bo mu Karere Ka Huye barishimira kumenya intungamubiri n’ibyizi byo kurya imbuto cyane cyane nka voka (avocado) kuko arigihingwa
Abaturage bo mu Karere Ka Huye barishimira kumenya intungamubiri n’ibyizi byo kurya imbuto cyane cyane nka voka (avocado) kuko arigihingwa
Raporo yo mu Rwanda igaragazako 30% kuzamuka by’ abana bari munsi y’imyaka 5 bahura n’ikibazo cy’igwingira kubera kutabona ifunguro ry’uzuyemo
Mu Rwego rwo gufasha abahinzi kumenya amakuru agendanye n’ubuhinzi bw’ikoranabuhanga mu Rwego rwo kubona umusaruro uhagije, OFAB hamwe n’ikigo cy’Igihugu
Mu Muhindo wa 2024 hateganyijwe imvura iri mu kigero cy’impuzandengo nibura y’imyaka 30 y’imvura igwa mu muhindo. Mu Itangazo ryasohotse
Bivuzeko Abanyarwanda bangana na miliyoni 5.6 ibiza byabagizeho ingaruka muburyo butandukanye yaba arabahuye n’imvura nyinshi n’umwuzure, ndetse yewe n’ibyonnyi. Ingingo
Ibijumba ni igihingwa kigira intungamubiri cyane ku barwayi ba diabete kuko bigira isukari igenda ikaringaniza iri mu maraso, kandi ikanongera
Abahinzi bo mu Rwanda bamaze igihe bataka kudahabwa inguzanyo kugira ngo bashore mu mishinga yatuma ubuhinzi bureka kuba ubwa gakondo
Umuryango w’abafaransa proparco ushizwe iterambere wahaye amafaranga miliyoni 10 USD z’amadorali y’Amerika umuryango wa One Acre Fund uzwi nka “Tubura”
Mu gihe abaturage benshi bagira ubushobozi bwo kubona ibigori ku bwinshi bikarangira bamwe babigurishije kuri make kugirango bitangirika, kampani ya
Mu ntara y’Iburasirazuba mu Karare Ka Nyagatare hatangijwe kumugaragaro imurikagurishwa n’ imurikabikorwa ry’ Akarere Ka Nyagatare ryatangiye kuwa 13 werurwe