India: Polisi Yaraye Ku Nkeke Kubera Umuganga Wishwe Nyuma Yo Gufatwa Kungufu
Mu ijoro ryo ku wa gatatu, abarenga ibihumbi 10 by’ abahinde bo muri leta ya Bengal y’Uburengerazuba bakoze urugendo mu
Mu ijoro ryo ku wa gatatu, abarenga ibihumbi 10 by’ abahinde bo muri leta ya Bengal y’Uburengerazuba bakoze urugendo mu
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR ryakuye Madame Carine Maombi ku rutonde rw’abadepite, rimusimbuza Madame Masozera Icyizanye.
Amakuru Dukesha Ikinyamakuru Taarifa avuga ko Guverinoma y’u Rwanda iri kuganira n’abayobozi b’ikigo gitegura isiganwa mpuzamahanga ry’abatwara moto kitwa Formula
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yongeye kugira Dr. Ngirente Edouard Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, amuha ububasha bwo kuyobora guverinoma. Perezida
Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’ubuzima yakiriye ibikoresho mu buvuzi bw’umutima bifite agaciro ka miliyoni 3.3$ z’amadolari. Ibi bikoresho
Abatuye mu Karere ka Nyarugenge, mu Murenge wa Nyamirambo, mu Kagari ka Cyivugiza, mu Mudugudu wa Muhoza, bavuga ko bahangayikishijwe
Abanyarwanda ndetse n’inshuti z’uRwanda harimo abakuru b’ibihugu ndetse na bahagarariye za guverinema bateraniye kuri stade amahoro mu muhango wo kwakira
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwashyikirijwe abaturage 8 bakurikiranyweho gukubita umuntu wibye ibitoki bibiri akabura ubwishyu bwo gusubiza, bikamuviramo gupfa. ku
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame agiye Kurahira kuyobora manda y’imyaka 5 izarangira 2029, Inshuti z’ U Rwanda n’ Abanyarwanda
Abahinzi bo mu Rwanda bamaze igihe bataka kudahabwa inguzanyo kugira ngo bashore mu mishinga yatuma ubuhinzi bureka kuba ubwa gakondo