Paul Kagame yanenze abavuga ko mu Rwanda abaturage bashyirwaho agahato ngo batore
Umukandida w’umuryango wa FPR Inkotanyi mu matora y’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yagaye abavuga ko Abanyarwanda bashyirwaho igitugu kugira ngo bitabire
Umukandida w’umuryango wa FPR Inkotanyi mu matora y’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yagaye abavuga ko Abanyarwanda bashyirwaho igitugu kugira ngo bitabire
workers of the New Bugarama Mining Company located in the Kagogo sector in Burera District app The reciate the measures
Inzego z’Ubuzima mu Rwanda zigaragaza indwara y’igituntu nk’imwe mu ndwara zihangayikishije, nubwo imibare y’abakirwara itarimo kwiyongera cyane ugereranyije n’imyaka yatambutse.
Umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Mpayimana Philippe, ubwo yari mu Karere Ka Nyanza Mu Murenge wa Rwabicuma,
Mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Gatsata abaturarage ntibavuga rumwe ku gufata inguzanyo zabateza imbere bisunze amabanki, kuko hari bamwe
Mu murenge wa Gatenga akarere ka Kicukiro, mu mujyi wa Kigali; abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu gikorwa cyo kwamamaza umukandida
Ibi byavuzwe Ubwo sendika y’abashoferi batwara amakamyo manini yambukiranya imipaka ndetse nayo mu gihugu Imbere kubufatanye n’ Akarere Ka Kicukiro
Benshi mubazi I nyamirambo bakunze kuvuga ko ariyo kapitali (Capital) y’umujyi wa Kigali hakaba arinaho hantu usanga urubyiruko rw’inshi mu
Ubwo umukandida w’ishyaka RPF Inkota kumwanya wa Perezida, yakomezaga ibikorwa bye byo kwiyamamaza kuruyu wa kabiri tariki 25 Kamena 2024
Ishyaka rya Green Party ryakomezaga ibikorwa byo kwamamaza Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ari we Dr Frank Habineza,Umukandida