Numida yinjiye ku isoko ry’u Rwanda izanye igisubizo cyihuse ku kibazo cy’inguzanyo ku bacuruzi bato
Ikigo cy’imari gikoresha ikoranabuhanga Numida cyatangije ku mugaragaro ibikorwa byacyo mu Rwanda, kije guhangana n’ikibazo gikomeye cy’inguzanyo ku bacuruzi bato
![]()
