Bamwe murubyiruko rwo mukarere ka Huye rumaze gusobanukirwa uburinganire ku rwego rwiza kuburyo rwunvako gusohokana umusore cyangwa kuba umusore yasohokanwa
Akarere ka Bugesera ni Akarere kari mu ntara yíburasirazuba gakunze kurangwamo nízuba ryinshi, cyane cyane mu gihe kimpeshyi ngo haba
Ni kenshi hagiye hagaragara abanyeshuri biga umwuga w’itangazamakuru ariko ugasanga bamwebitinya mu mwuga wabo bakumva ko hari ibyo batashobora gukora
Ni gake ushobora guhagarara ku muhanda utegereje gutega moto,ukabona umumotari w’igitsina gore ariwe uje akagutwara. Nubwobitoroshye kubona umugore ukora umwuga
Amahugurwa y’abanyeshuri yabereye muri Mount Kenya University, akaba yitabiriwe n’abanyeshuri batandukanye biga umwuga w’itangazamakuru bagera kuri 20, bavuye ku mashuri