Rwamagana : Empower Rwanda yavanye mubwigunge Abana 110 batewe inda zitateganyijywe .

Mu murenge wa fumbwe  Mukarere ka Rwamagana  abana bagera 110 batewe inda zitateganyijywe ,abagera kuri 30 empower Rwanda ibasubiza mu ishuri.
Empower Rwanda n’umuryango wita k’ubana  b’abakobwa bahuye ni hohoterwa ndetse n’abagore bahura nandyo.


Kabatesi Olivia akaba Ari awe washinze umuryango empower Rwanda yatangarije ikinyamakuru Imena Agira Ati.”Muntara y’uburasirazuba n’ahantu haranzwe ni hohoterwa rishingiye kugitsina  cyane k’ubana  bacyiri bato bityo bamwe muribo bikabaviramo gutakaza amahirwe yokuguma k’ubana n’imiryango bavukamo .”

Yakomeje agaragaza uburyo yashinze umuryango  witwa empower Rwanda wita  k’ubana b’abakobwa bahuye ni hohoterwa rishingiye ku gitsina  , mirongo itatu(30) kuribo bakaba barasubijwe mu mashuri  na empower Rwanda abandi muribo babashyira mu mashuri yimyuga ,yanahisemo ,umwanzuro wo  kubaringaniriza urubyaro  kugirango hatazagira uwukurikiza umwana akiri muto Kandi nawe akwiye kwitabwaho nk’umwana.

Kabatesi Olivia umuyobozi wa Empower Rwanda

Guverineri w’intara Y’iburarasirazuba  bwana Emmanuel K. GASANA  yagize icyo abwira abayobozi muri rusange ubwo Bari bitabiriye umuhango wo kwamagana ihohoterwa rikorerwa abana ,yagize Ati”.haba umujyanama w’ubuzima cyangwa wowe ushinzwe umutekano nawe mukuru w’umudugudu nishingano zanyu gutangira amakuru kugihe mugihe habayeho ihohoterwa rikorerwa abana ndetse nabandi muri rusange.”

Yakomeje aha impanuro abayobozi baraho atunga agatoki  umunyamabanga nshinga bikorwa wa fumbwe amusaba kwesa imihigo ,akava 80%akajya 100%nkuko Indi mirenge yabigezeho mugihe gito, ifatanyije ninzego zibanze ,Kugirango babagere  kuntego barahiriye imbere y’abaturage.

Guverineri w’intara Y’iburarasirazuba  Emmanuel K. GASANA

Mukantabana Anosiyata n’umubyeyi  ufite umwana wa hohotewe afite imyaka 14 yamavuko  yatangarije ikinyamakuru Imena Agira Ati”. Umwana wajye yasambanyijwe n’umukozi  twari dufite,yari afite imyaka 25 y’ubukure amaze kumenya ko yamuteye inda yahise acika arigendera turamushakisha turamubura, ariko ntibyatubyahereraho kuko twabibwe RIB izagumya idufashe.

umubyeyi watanze ubuhamya ko bitari byoroshye k’umwana we yatewe inda itaganyijwe ataragira imyaka y’ubukure

Yakomeje agaragaza agahinda yagiye atewe n’abaturanyi ubwo umwana yamaraga kubyara  ,umwana agasubira mu ishuri, hashize ukwezi kumwe ,bakamuseka bati,” ubwo ukuye umwana kwibere ngo nyina ajye kwiga kandi byaramunaniye,esubwo ntuhemukiye urwo ruhinja uzajya wirirwana nurwo ruhinja nyina yagiye kwiga’’.

Ibyo byose kurijye nabibonye nkihohoterwa  bankoreye ndetse n’umwana wajye cyane ko  nawe yari acyiri umwana wokurerwa ninayo mpamvu yasabye kumubabarira nkabyumva ,yansaba gusubira mu ishuri nkabimwemerera.

Uwase Alphonsine n’umwe mubahinduriwe  izina   mubana batewe inda zitateganyijywe yagize icyo atangaza nikiniga cyinshi Agira Ati.”banteye inda mfite imyaka 13 nyiterwa n’umuhungu unduta mbimubwiye  ahita aburirwa irengero,mbimbwira murugo papa ahitanawe aduta ngo siyabana najye nishyano muzaniye ,mama nawe ntiyabyiyumvishaga ariko yagezaho abona ntakundi ajyana mubajyanama  byubuzima batangira kunkurikirana  banyitaho kugeza igihe nabyariye nkaba nshimira mama wamfashije  mururwo rugendo..

Vs meya w’imibereho myiza Umutoni jeanne empower Rwanda kuba yaraje arigisubizo mukubafasha guhangana nibibazo by’abana babakobwa babyariraga iwabo bamwe bakabura nuko basubira ku ishuri.Agira Ati”. Ndashimira cyane empower Rwanda yatubaye hafi ,kuko abana bagera110 bose yitaho ntago twari kubyishoboza iyo tutabagira.

vice mayor w’imibereho myiza y’abaturage Umutoni jeanne

”Yakomeje anashimira inzego zibanze zibasha gukusanya amakuru zikejyera ababyeyi banana zibereka ko badakwiye kubareka bonyi kobagomba kubaba hafi .

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *