MINICOM yashyizeho ibiciro n’ingano y’ibiribwa umuntu atagomba kurenza ahaha ku munsi
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yongeye kwibutsa abacuruzi ko ntawemerewe kuzamura ibiciro by’ibicuruzwa, byaba ibikorerwa mu Rwanda cyangwa ibituruka hanze y’igihugu.
Read more