Umufasha wa nyakubahwa perezida wa repubulika y’u Rwanda Jeannette Kagame yavuze ko ubufatanye bw’abitanga mu gufasha imbaga nyamwinshi, inzego za Leta n’abikorera mu guteza imbere umugore ari ingenzi kuko ariyo nkingi y’iterambere rirambye kuri sosiyete no ku bukungu bw’igihugu.

Ibi Madamu Jeannette Kagame yabivugiye mu gikorwa cyo gusangira cyateguwe n’abitanga mu gufasha imbaga nyamwinshi bibumbiye mu muryango Bloomberg, cyabaye

Loading

Read more